Umwalimu wa secondary yafashwe agiye Gusambana numunyeshuri Yigisha
Umwarimu wigisha muri segonderi Mugihugu cyabaturanyi ba Uganda witwa “John” yagiye gusura umunyeshuri yigisha ngo baryamane birangira ababyeyi babaguye gitumu
akomeje gucicikana amashusho y’umugabo bivugwa ko ari umwarimu wafashwe n’ababyeyi b’umwana yigishaga muri segonderi , ubwo yashakakaga kumusambanya. Biravugwago ikigo uyumwalimu yigishagaho kibaho nabakobwa bindaya cyane gusa uyumugabo ubwo yabigeragezaga ntibyamuhiriye
Mu kiganiro uyu mwarimu yagiranye n’umukobwa, byagaragaraga ko banze gukodesha lodge (inzu yo kuraramo) baziko umwana aza kuba ari mu rugo wenyine.
Uyu mwarimu yabwiye umwana ati ” Ese aho gukodesha lodge waretse tukazabikorera aho iwanyu, amafaranga twari kuyikodesha nkayaguha ko nawe uyakeneye”.
Umunyeshuri yarabimwemereye ndetse amubwira ko azaba ari mu rugo wenyine, ariko yari afite impungenge z’abaturanyi.
Byaje kurangira bafashe umwanzuro ko uyu mwarimu agomba kuza iwabo w’uwo mukobwa, ninako byagenze gusa byarangiye ababyeyi b’umwana bamufashe.


