0.5 C
New York
Wednesday, January 21, 2026

Buy now

Umwalimu wa secondary yafashwe agiye Gusambana numunyeshuri Yigisha 

Umwalimu wa secondary yafashwe agiye Gusambana numunyeshuri Yigisha 

Umwarimu wigisha muri segonderi Mugihugu cyabaturanyi ba Uganda witwa “John” yagiye gusura umunyeshuri yigisha ngo baryamane birangira ababyeyi babaguye gitumu

akomeje gucicikana amashusho y’umugabo bivugwa ko ari umwarimu wafashwe n’ababyeyi b’umwana yigishaga muri segonderi , ubwo yashakakaga kumusambanya.  Biravugwago ikigo uyumwalimu yigishagaho kibaho nabakobwa bindaya cyane gusa uyumugabo ubwo yabigeragezaga ntibyamuhiriye

Mu kiganiro uyu mwarimu yagiranye n’umukobwa, byagaragaraga ko banze gukodesha lodge (inzu yo kuraramo) baziko umwana aza kuba ari mu rugo wenyine.

Uyu mwarimu yabwiye umwana ati ” Ese aho gukodesha lodge waretse tukazabikorera aho iwanyu, amafaranga twari kuyikodesha nkayaguha ko nawe uyakeneye”.

Umunyeshuri yarabimwemereye ndetse amubwira ko azaba ari mu rugo wenyine, ariko yari afite impungenge z’abaturanyi.

Byaje kurangira bafashe umwanzuro ko uyu mwarimu agomba kuza iwabo w’uwo mukobwa, ninako byagenze gusa byarangiye ababyeyi b’umwana bamufashe.

Related Articles

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

Stay Connected

0FansLike
0FollowersFollow
0SubscribersSubscribe

Latest Articles