3.5 C
New York
Thursday, January 22, 2026

Buy now

Umusore yahuriye muri bus n’umukobwa biza kurangira bakundanye ndetse bakora n’ibyo abakundana bakora nyuma umusore aza gusanga ari Nyina wamutaye cyera akimubyara

Ku mbuga nkoranyambaga inkuru itangaje cyane yakomeje gusakara, inkuru y’umusore wakundanye na Nyina aziko ari undi muntu usanzwe bahuye.

Uyu musore avuga ko yari asanzwe abana na Nyirakuru nyuma akaza kujya mu mujyi wa Kigali guhiga ubuzima, ndetse akaza gukundana n’umukobwa bahuriye muri Bus.

Ubwo uyu musore yari amaze igihe yasubiye  kwa Nyirakuru,  ariko akajya akunda kumubaza  Mama we ngo byibuza amumenye kuko atari amuzi.

Nyirakuru yamubwiye ko Nyina yamubyaye afite imyaka 17, ndetse akamuta aho akigendera. Ubwo yamweretse ifoto ya Nyina, umusore yakubiswe n’inkuba kuko yabonaga uwo muntu atari ubwambere amubonye.

Yasanze ari wa mugore bakunda ndetse ngo bari baramaze no gukora ibyo bakora, iby’abakundana.

Related Articles

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

Stay Connected

0FansLike
0FollowersFollow
0SubscribersSubscribe

Latest Articles