STT YAMAZE GUFUNGA IMIRYANGO YAYO KUBUTAKA BW’U RWANDA.
Nkuko býagaragaye kuva 10:00 iyi sosiyete ya STT ntago yongeye gukora hari nyuma yuko BNR itangajeko iyi sosiyete ya STT yatangiye gukuriranwa n’inzego zibifite munshingano.
Kubakomeje kuyifungura niyi paje babonye kuva kw’isaaha ya vunzwe haruguru. Benshi bari kurira ayo kwarika nyuma yigihombo STT ibasigiye.
umwe mubavuganye na NEWS_WITHIN yagize ati ndi Umwalimu mu mashuri abanza mu karere ka Kirehe narimaze kwaka inguzanyo Umwalimu Sacco shora 860,000 muri STT ariku kuva 10:00 ntacyo ndi kubasha gukora kuko kubyakira byanani pe.

Abandi bati Leta n’idufasha kubona ayo twashoye ntago tuzongera gusubira doreko yari yakomeje kubabuza bagakomeza kunangira imiti.
kugeza ubu inzego za Leta n’amakuru yandi ziratangaza ajyanye ngo gukinga imiryango kwa STT.


