RURA yatangaje ibiciro bishya by’ingendo 12.03.2023
Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo ifitiye Igihugu akamaro (RURA) ruramenyesha abaturarwanda ko guhera tariki ya 16 Werurwe 2024, hazatangira gukurikizwa ibiciro bishya by’ingendo mu modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange mu gihugu hose.
Imihanda itagaragara ku rutonde ruri ku mugereka izakorerwamo n’ubyifuza wese, ikigo cyangwa umuntu ku giti cye, ariko yujuje ibisabwa kandi amaze kubiherwa uruhushya na RURA. By’umwihariko, n’imodoka nto zitwara abantu 18, zemerewe kuyikoreramo.
Ibiciro by’ingendo kuri iyo mihanda itagaragara kuri uru rutonde bizagenwa n’isoko bitewe n’imiterere yihariye y’iyo mihanda n’ikoreshwa ryayo.
Dore uko ibiciro bishya by’ingendo bihagaze
Mu Mujyi wa Kigali



.



