REB YATANZE IGISUBIZO KUBASHAKA AKAZI MU BUREZI BATARABYIGIYE.
Q1. kuberiki abatarize uburezi mubima amahirwe yo gupigana nkabandi ?
REB Mwiriwe neza, igitekerezo cyawe cyakiriwe neza, ariko wibuke ko hari impamvu abantu bajya kwiga uburezi. Murakoze
Q2. Mwiriwe neza👋Ese byashoboka ko umuntu ya kora application kuri mifotra asaba akazi akoresheje result SLP y’amanota yabonye mudusobanurire kuko bimwe mubigo bishobora kuzatinda gutanga A2 certificate z’abanyeshuri ugasanga gusaba akazi biratugoye.
REB Mwiriwe neza, niba urangije muri TTC wemerewe gusaba ariko ugakurikirana aho certificate yawe iri kuko zarasohotse. Murakoze

1. Mwiriwe mfite ikibazo nize TTC nasabye akazi muri science ko kwigisha primary mfite 86% offer nizatugezeho bamwe ese zizatugeraho cyangwa bizagenda gute imyanya iracyahari yabarezi ba pre primary,primary? Ese offer ziracyatangwa bimez gute mudusobanurire twongere twizere