REB BIMWE MUBISUBIZO KUBIBAZO ABAKANDINDA BASABYE AKAZI KO KW’IGISHA BIBAZAGA (NOT SHORTLISTED)
nonese ubu iri tangazo si mwe mwaritanze koko ? Mudufashe hanyuma ubutaha muzapange ibintu Mbere mugaragaze ibisabwa mukureho urujijo .to whom hano mwari mwagaragaje ko zemewe , gusa Hari n’abafitemo diploma
·
Reply
·
Mwiriwe neza, amabwiriza yatanzwe arasobanutse nta mwanya n’umwe wigeze usaba gutanga ‘To whom’ ahubwo imyanya yose isaba impamyabumenyi y’umwimerere. Ariko hari imyanya y’ubuyobozi bw’amashuri isaba impamyabumemyi ndetse n’icyemezo cy’umukoresha wemewe n’amategeko. Murakoze

Mwiriwe twakoze application tugashyiramo TO WHOM zerekana ko twarangije amasomo tukaba dutegereje diplome tukaba twabaye not shortlisted ubwo ntimwaturenganije Kandi mwari musanzwe mwemera to whom, mwibaze ukuntu umuntu azategereza umwaka Kandi yarasoje kwiga muturenganure
Reply
Mwiriwe neza, ariko amabwiriza arasobanutse . Murakoze
