Amahugurwa y’abarimu batize uburezi yongeye kwimurirwa igihe kitazwi

Mu mpera z’iki cyumweru tugiye gusoza ni ukuvuga ku itariki ya 20 na 21 Mata, hirya no hino mu turere hari hateganyijwe amahugurwa y’abarimu batize uburezi icyiciro cya mbere. Aya mahugurwa akaba atakibaye nk’uko byari biteganyijwe
Amakuru yemejwe na Gerard MURASIRA umuyobozi muri REB mu ishami rishinzwe amahugurwa y’abarimu avuga ko aya mahugurwa mu mu mpera z’iki cyumweru atazaba.




