MINEDUC Itangazo rigenewe Abanyeshuri Ababyeyi Abarimu n’Abayobozi b’ibigo by’Amashuri.
Mubyeyi, Ese wari uziko ubu ushobora gutanga umusanzu wawe ku ifunguro ry’umwana wiga mu ishuri rya Leta cyangwa irifatanya na Leta ku bw’amasezerano, ubinyujije kuri momo? Birashoboka cyane! Reba ubu butumwa, maze ugendane n’ikoranabuhanga.

Ubu se ko nabonye SDMS itariho izasubira ku murongo ryari go akazi gakomeze ?