Itangazo ryihutirwa rya Polisi y’u Rwanda rireba buri muntu wese wiyandikishije gukorera ‘Permis’ na ‘Provisoire
shami rya Polisi rishinzwe ibizamini no gutanga impushya zo gutwara ibinyabiziga, riramenyesha abantu basabye gukorera impushya z’agateganyo n’iza burundu zo gutwara ibinyabiziga mu mujyi wa Kigali guhera tariki 22 kugeza 26 Nzeri 2025 ko ibyo bizamini byimuriwe tariki 29 Nzeri kugeza kuwa 03 Ukwakira 2025 nk’uko bigaragara mu mbonerahamwe ikurikira:
2. Abakora ibizamini bagomba kuza bitwaje ibi bikurikira:
Abakora ikizamini cy’uruhushya rw’agateganyo bagomba kuza bitwaje indangamuntu y’umwimerere.


