-8.5 C
New York
Wednesday, January 21, 2026

Buy now

Hamenyekanye aho icyorezo cya MARBURG cyaturutse: Minisiteri y`ubuzima itangaje byinshi kuri iyi ndwara.

Hamenyekanye aho icyorezo cya MARBURG cyaturutse: Minisiteri y`ubuzima itangaje byinshi kuri iyi ndwara.

Ibicishije kurukuta rwayo rwa X Minisiteri y`ubuzima yagize iti” Nyuma y’icukumbura ku nkomoko y’indwara ya Marburg, byaje kugaragara ko yaturutse ku ducurama turya imbuto tuzwi nka “fruit bats” . Byagaragaye ko umurwayi wa mbere yakoraga mu kirombe kirimo utu ducurama.

Kugeza ubu, muri iki kirombe hashyizweho urukuta rutandukanya aho abantu bakorera ndetse n’aho utu ducurama tuba. Hanashyizwe kandi itsinda ry’abaganga rikurikirana buri munsi ubuzima bw’abahakorera. Ibi kandi byanakozwe hirya no hino mu birombe bibamo utu ducurama”

Related Articles

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

Stay Connected

0FansLike
0FollowersFollow
0SubscribersSubscribe

Latest Articles