2 C
New York
Thursday, January 22, 2026

Buy now

Hastings wa Netflix yahaye u Rwanda miliyoni 50$ yo kugeza ’Smartphones’ ku barimu

Hastings wa Netflix yahaye u Rwanda miliyoni 50$ yo kugeza ’Smartphones’ ku barimu

Umunyamerika Wilmot Reed Hastings Jr uri mu batangije urubuga rwa Netflix rumaze kubaka izina mu kwerekana filime ku Isi, yahaye u Rwanda impano y’asaga miliyari 61 Frw (miliyoni 50$).

Ni amafaranga azifashishwa mu guteza imbere ikoranabuhanga mu burezi bw’u Rwanda.

Mu butumwa yatangiye mu birori byo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wahariwe abarimu biri kubera muri Intare Conference Arena, Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Paula Ingabire, yavuze ko ayo mafaranga azakoreshwa mu kugeza telefoni zigezweho ku barimu benshi mu Rwanda.

Hastings ni na we uherutse gufatanya na sosiyete y’Itumanaho ya Airtel Rwanda mu kugeza ku isoko ry’ Rwanda telefone igezweho ya mbere ihendutse igura ibihumbi 20Frw.

Related Articles

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

Stay Connected

0FansLike
0FollowersFollow
0SubscribersSubscribe

Latest Articles