-1.2 C
New York
Tuesday, January 20, 2026

Buy now

REB Urutonde rw’Abayobozi b’amashuri n’abayobozi bungirije bagirwa inama yo kujya mu kiruhuko cy’izabukuru.

Urutonde rw’Abayobozi b’amashuri n’abayobozi bungirije bagirwa inama yo kujya mu kiruhuko cy’izabukuru.

Madamu/Bwana Muyobozi,

Nshingiye ku Iteka rya Minisitiri w’Intebe No: 033/03 ryo ku wa 12/11/2024 rishyiraho Sitati yihariye igenga Abakozi b’Amashuri y’Uburezi bw’Ibanze, mu ngingo yaryo ya 45 ivuga Isuzumamirokere rusange rw’Abayobozi b’amashuri n’Abayobozi bungirije n’iya 46 ivuga uburyo bwo gukurwa mu mwanya;

Hashingiwe ku byavuye mu Isuzumamirokere rusange ry’Abayobozi b’amashuri, hari Abayobozi b’amashuri n’Abayobozi bungirije batabashije kugira amanota abemerera gukomeza inshingano ariko bafite imyaka ibemerera gutangira ikiruhuko cy’izabukuru.

Ni muri urwo rwego mboherereje ku mugereka w’iyi baruwa, urutonde rugaragaza Abayobozi b’amashuri bigaragara ko bafite imyaka ibemerera gutangira ikiruhuko cy’izabukuru kugira ngo boroherezwe kugitangira. Mu gihe hari abagaragaza ko batiteguye gutangira ikiruhuko cy’izabukuru, bashakirwa imyanya yo kwigisha.

Mugire amahoro.

Related Articles

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

Stay Connected

0FansLike
0FollowersFollow
0SubscribersSubscribe

Latest Articles