-7.8 C
New York
Tuesday, January 20, 2026

Buy now

Imyanya itandukanye y’akazi muri Rwanda Investigation Bureau (Deadline: 11/10/2025)

Imyanya itandukanye y’akazi muri Rwanda Investigation Bureau (Deadline: 11/10/2025)

Urwego rw’ Ubugenzacyaha (RIB) ruramenyesha abantu bose bifuza akazi k’ ubugenzacyaha k u myanya itandukanye y’Ubugenzacyaha (Investigator in different fields na Crime Intelligence staff) k o basabwa kwihutira gutanga ibyangombwa bisaba akazi, bagaragaza umwanya bifuza gupiganira mu mbonerahwe iri ku mugereka w’iri tangazo.

Ibyangombwa bisaba akazi bigizwe n’ibi bikurikira:
1. Kuba ari Umunyarwanda;
2 . Kwandikira Umunyamabanga Mukuru wa RIB ibaruwa isaba akazi igaragaraza
n’umwirondoro w’usaba akazi;
3. Kuba atarengeje imyaka 30 y’amavuko ku myanya ya “Investigator i n different fields”
n’imyaka 25 ku mwanya wa “surveillance Officer, operations Officer na Tactical
Response Officer”,
4 . kuba atarirukannwe burundu m u kazi k o mu butegetsi bwa Leta;
5 . Kuba afite ibyangombwa bigaragaza k o ari indakemwa mu mico n o m u myifatire
bitangwa n’inzego z’ibanze (certificate of good conduct) n’ibitangwa n ‘ Ubushinjacyaha
(Criminal Records Clearance;
6 . Kuba afite impamyabushobozi ijyanye n’umwanya upiganira iriho umukono wa noteri;
7 . Kuba afite ubuzima buzira umuze.

ICYITONDERWA:
• Ibyangombwa bisaba akazi byoherezwa gusa kuri Email recruitmentoffice@rib.gov.rw
bitarenze tariki ya 11 Ukwakira 2025 saa sita z’ijoro.
• Usaba akazi agomba kuba yiteguye gukorera aho ariho hose m u gihugu cy’ u Rwanda.
• Nta muntu wemerewe gupiganira umwanya urenze umwe.
• Ibisabwa kuri buri mwanya biragaragara ku mbonerahamwe iri kumugereka.

Related Articles

3 COMMENTS

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

Stay Connected

0FansLike
0FollowersFollow
0SubscribersSubscribe

Latest Articles