Sunday, April 20, 2025
HomeNEWSKwishima birashoboka abantu badasinze – RIB yavuze imyitwarire ikwiye kuranga abaturarwanda mu...

Kwishima birashoboka abantu badasinze – RIB yavuze imyitwarire ikwiye kuranga abaturarwanda mu mpera z’umwaka

Kwishima birashoboka abantu badasinze – RIB yavuze imyitwarire ikwiye kuranga abaturarwanda mu mpera z’umwaka

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwasabye abanyarwanda kwitwara neza muri izi mpera z’umwaka, ndetse bakazirikana ko bashobora kwishima badasinda.

Ni ubutumwa bwatanzwe na RIB ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga, nyuma y’uko umwe mu bakoresha izi mbuga nkoranyambaga yandikiye RIB, agira ati: “Ko mbona dutangiye impera z’umwaka tukaba dushima inzego zacu zirimo RIB ko zikomeje kuturinda tunabashima cyane. Ubu muraduteganyiriza iki muri izi mpera z’umwaka? Ubwo bizashoboka ko twishima tunywaless?”

Mu kumusubiza, RIB yagize iti:” Birashoboka cyane kwishima abantu #banywaLess ni nabyo tubifuriza kuko ari byo bikurinda kugwa mu byaha bitandukanye. Muri izi mpera z’umwaka icyo tubizeza ni ugukomeza kurwanya icyaha, kandi dufatanyije namwe birashoboka. Tukwifurije gutangira ukwezi k’Ukuboza neza, kuzakubere ukwezi kuzira icyaha.

RELATED ARTICLES

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

Most Popular

Recent Comments

NDAHAYO Ildephonse from gatsibo on Ibintu icyenda bitegereje Minisitiri mushya w’Uburezi