RTB Itangazo Rigenewe abakandida basabye akazi ku kwigisha no gukora mu mashuri ya TVET.
Rwanda TVET Board iramenyesha abakandida basabye akazi ku kwigisha no gukora mu mashuri ya TVET ko ibizamini byanditse bizakorwa kuva kuwa 18-21 Kamena 2024. Buri wese arasabwa gusura bit.ly/4c4kaSk kugira ngo amenye umunsi n’aho azakorera ikizamini.


