Ikigo cya REB kibinyujije kuri account yacya ya X cyasubije umurezi wari ubajije ati?
Mwaramutse neza? Ese ko twakoze exam muri social studies tugatsinda kumanota 75 turongera dukore apply?
Nuko nyuma y’iminota micye REB nayo ihita umusubiza kugira n’abandi bumvireho.
Igisubizo REB yatanze:

Mwiriwe neza, abantu bari ku rutonde rw’abategereje rutararenza igihe ( amezi 24) kandi bafite amanota yagenwe n’itegeko, iyo gushyira mu myanya bigeze nibo bitabwaho mbere y’abandi. Gusa ibyo ntibikuraho uburenganzira bw’umuntu wafwifuza gukora ikizamini kindi. Murakoze

ESE kuki abantu bagize amanita hejuru ya65% badahabwa akazi Kandi barize uburezi Kandi mbere barafatiraga kuri50% bataranize uburezi nimwongere mubitekerezeho kuko abize uburezi turahari kubwishi!
Abantu dutuye mucyaro kumenya namakuru yibizamini biratugora nogukora apply nikindi bisaba amatiket meshi kubera ikorana buhanga riri hasi mwatanga iyindi promotion kubize uburezi nibuze mugafatira kuri 60% kuko gukora apply kujya mukizamini biratugora abazi karongi nugutega moto ahanini kubera imihanda mudufashe rwose